Kuki igihugu kidakora amafaranga menshi ngo gihe abaturage mu kurwanya ubukene?

Abantu benshi bibaza ikibazo gikomeye mu bukungu bati: “Kuki igihugu kidacapa cyangwa ngo gikore amafaranga menshi kikayaha abaturage kugira ngo ubukene burangire?”. Iyo utekereje ku buzima bwa buri munsi, ushobora […]